Ku gicamunsi cyo kuri uyu wagatanadu nibwo hasakaye inkuru y’umugabo w’imyaka wakoze agashya akaranga amazirantoki bituma abari abaturanyi be bahitamo kwiyimura igitaraganya muburyo butunguranye abandi batangazwa nibyo uwo mugabo akoze bitari bimenyerewe.
Uyu mugabo witwa Bintou bivugwa ko ngo yari amaze igihe apfushije umugore we , ndetse kuva umugore we yapfa uyu mugabo yakunze no kurangwa no kwigunga abandi bo bakanatekereza ko yaba yaragize ihungabana nyuma yo gushaka umugore nta minsi baramarana agahita yitaba Imana , ngo kuva ubwo ntago yakunze kujya ahantu hahurira abiganjemo abigitsina gore , yewe ngo no kumva amajwi yuwari wese uvuga nk’umugore byari bisigaye bimubangamira agahitamo kwifungirana munzu.

Ngo uy mugabo w’imyaka 32 wo mu gihugu cya Mali witwa Bintou , utuye mu cyaro cyaho bita Petaka mu minsi yashize iruhande rw’urugo rwe himukiye umuryango mushyashya wari ugishaka ngo kubwibyo we afata nko guhararana bahoraga baseka ,yewe ngo banatera akabariro amajwi yuwo mugore akamusanga iwe, ngo biza gutuma yigira inama yo gukaranga amabyi ngo kuko biri mu bintu binuka , yaje gufata amavuta n’ibitunguru byinshi ngo arangije ajya mu bwiherero akora ibikomeye abimena muri byabitunguru yari akaranze , ngo byakoze umunuko ukabije ngo kuburyo abaturanyi be byabananiye gusinzira birangira mu gitondo cyaho biyimuye.

Uretse ngo kuba aba baturanyi aribo babyumvishe cyane ,ngo agace batuyemo bose babanje gutekereza ko ari nk’ubwiherero bari kuvidura cyakora bakurikiranye umunuko basanga nuwuwo mugabo, cyakora ubwo yabazwaga nabashinzwe umutekano yavuze ko atari agamijwe kuyarya ahubwo aruko yabyigiriyemo inama yumva byakora umunuko, kugeza ubu uyu mugabo yahise ajyanwa mu bitaro ngo harebwa niba ntahungabana afite .
Leave feedback about this