Tujyane mu cyumba gifungiyemo Paul Rusesabagina , ndetse tunaganire na Nsabimana Callixte (Sankara)
Ku munsi wejo hashize tariki ya 26 Gicurasi 2022 ,nibwo muri gereza ya Mageragere habaye umuhango wo gutanga impamyabushoboziabagororwa basoje amasomo y’imyuga , nyuma yuwo muhango itangazamakuru ryagiranye ibiganiro n’abantu batandukanye bari kugororerwa muri iyo gereza , mubaganirye n’itangazamakuru harimo na Nsabimana Callixte benshi bamenye nka Sankara . Mu kiganiro kirekire yahaye itangazamakuru wabonaga Sankara […]